in

Miss Ingabire Rehma ati: “Meddy ndamukunda cyane, aje kuntereta nahita nemera”

Ingabire Rehma witabiriye irushanwa rya Miss Miss Rwanda 2020 ndetse akabasha kugera kuri Grand Final yaryo yatangaje urukundo afite umuhanzi Meddy aho yavuzeko abaye ari single Meddy akamutereta yahita amwemera atazuyaje.

https://www.instagram.com/p/CCGPNDdH5gp/

Ibi Miss Rehma yabitangaje mu kiganiro yagiranye na Youtube channel yitwa Yago Tv, aho yabajijwe indirimbo aharaye cyangwa se akunda kumva muri iyi minsi maze niko gusubiza agira ati :”Mparaye Dusuma ya Meddy na otile Brown“. Umunyamakuru amubajije impamvu ariyo aharaye Rehma yahise asubiza ati :”Meddy ndamukunda, afite impano kandi nkunda ukuntu aririmba ndetse anabyina.”

Umunyamakuru yahise yungamo ati:” Ubonye amahirwe yo guhura na Meddy wa mubwira ngwiki?”, Rehma ati :” Ntakindi uretse kumubwira ko mukunda”. Umunyamakuru yahise amubaza niba Meddy aramutse atandukanye n’umukunzi we kugirango akunda na Rehma niba yabyemera, aribwo yasubije ati :”Icyo gihe ntibyaba ari byiza kuko naba ntumye batandukana ariko abaye ari single bwo akansa ko dukundana nabyemera kuko nubundi nsanzwe mukunda.

Written by

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibintu 5 bikomeye bishobora kwangiza telefone yawe utabizi.

Ibidasanzwe utari uzi bigize imodoka Perezida Donald Trump agendamo