in

Imyambarire igaragaza ibibero by’umukunzi wa Meddy ikomeje kuvugisha abatari bake(AMAFOTO)

Ku munsi w’ejo nibwo umuhanzi nyarwanda Ngabo Meddy yateye ivi asaba umukunzi we, Mimi Mehfira bamaze imyaka myinshi bakundana ko yamubera umugore ndetse amwambika n’impeta y’urukundo.Gusa imyambarire yagaragaragaje muri ibyo birori ikomeje guteza benshi gucika ururondogoro.Nguko uko umukunzi wa Meddy yari yambaye.

Ni mu birori by’akataraboneka byari byateguwe mu buryo buryoheye ijisho.Mu mafoto ya Mimi yashyizwe ku mubuga nkoranyambaga z’uyu muhanzi yatumye abafana be batangira kwibasira uyu mukobwa bitewe n’ikanzu yari yambaye igaragaza ibibero bye.

Bamwe batangaraga bavuga ko iyi myambarire idakwiye,abandi bati “yambaye nk’ugiye muri douche”, n’ibindi byinshi.

Reba hano hasi ibitekerezo byatanzwe n’abakunzi ba Meddy bakibona amafoto y’umukunzi we:

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abahanzi bakizamuka Mario&Berny bazaniye Abanyarwanda impano idasanzwe mu ruhando rwa muzika (VIDEO).

NTIBISANZWE: Ku myaka 9 ye gusa yabonye agatubutse kubera gukoresha Youtube.