in ,

Miss Bahati Grace yasomanye n’umugabo we banifuriza abafana babo umwaka mushya muhire wa 2021.

Miss Bahati Grace wabaye Nyampinga w’u Rwanda 2009 n’umugabo we bifurije abafana babo umwaka mushya muhire wa 2021.Uyu Bahati usigaye uri mu munyenga w’urukundo n’umugabo yasimbuje K8 Kavuyo banabyaranye ,yashyize hanze ifoto yabo bombi arimo ku musoma ku itama maze yongeraho ko bifuriza umwaka mwiza abakunzi babo.

Ni amafoto Miss Grace yashyize kuri instagram ye maze yandikaho amagambo agira ati”Tubifurije umwaka mushya muhire wa 2021,Imana ni nziza.”

Twibutse ko uyu Miss Grace yerekanye byeruye ko ari murukundo rushya n’uyu mugabo muri 2018 nyuma yo gutandukana na K8 Kavuyo wahoze ari umugabo we banafitanye abana.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Igihugu cya Zimbabwe cyasubiye muri guma murugo ya kabiri.

Ku nshuro ya mbere Nick Minaj yerekanye umwana we w’umuhungu mu mafoto ateye ubwuzu cyane.