in

Miss Aurore Kayibanda yateye benshi urujijo bibaza niba Koko yinjiye mu rukundo bwa kabiri

Miss Aurore Kayibanda wegukanye ikamba rya Miss Rwanda 2012 hari amakuru avuga ko haba hari uru rukundo rushya yinjiyemo akaba yarwambikiwemo impeta n’umukunzi we mushya byateye benshi urujijo bibaza niba ari ukuri.

Bibaye ari ukuri yaba ari inshuro ya kabiri Nyampinga Aurore Kayibanda yinjiye mu rukundo ndetse agahita yambikwa impeta nyuma y’iya mbere yambitswe na Egide.

Amakuru avuga ko  Miss Aurore yatandukanye na Egide yahamijwe nawe ubwo yari mu kiganiro yagiranye  n’umunyamakuru Ally Soudy.

Yagize ati “Ukuri guhari twaratandukanye, urugendo rwacu rwageze ku iherezo. Ndumva ari icyo cyonyine nabivugaho. Reka nzandike igitabo kirimo ibirambuye byose. Nigisohoka nzababwira.”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inkuru y’akababaro ku mubikira wari ukuze kurusha abandi ku isi

Cristiano Ronaldo mu nzira zimugarura gukinira i Santiago Bernabeu mu mwambaro wa Real Madrid