in

Mbappe yaguye mukanu ubwo yumvaga inkumi yaraziko bari mu rukundo ibihakana yivuye inyuma

Umukobwa w’uburanga ukomoka mu gihugu cy’u Bubiligi, Tephanie Rose Bertram, yahakanye ibyavugwaga ko akundana n’umukinnyi w’ikipe ya Paris Saint-Germain ariwe Kylian Mbappé.

Uyu mukobwa w’imyaka 28 afitanye abana 2 n’umukinnyi wanyuze mu makipe akomeye arimo Ajax na Paris Saint-Germain.

Uyu mukinnyi ukina inyuma anyura ku ruhande rw’iburyo yitwa Gregory van der Wiel, gusa yamaze gutandukana n’uyu mukobwa byemewe n’amategeko mu mwaka washize.

Umukobwa byavugwaga ko akundana na Kylian Mbappé ni mwiza koko

Rose Bertram abinyujije kuri Instagram ikurikirwa n’abarenga miliyoni yanditse amagambo menshi ahakana ibyo gukundana na Kylian Mbappe ndetse anavuga ko yarenganyijwe n’abakoresha imbuga nkoranyambaga kuko nibo bakunze kubivuga cyane.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rayon Sports irakina umukino wa gicuti n’ikipe ifite abakinnyi bafite impano ikomeye mu Rwanda

Luvumbu yagiriye inama Rayon Sports yo kugura rutahizamu wakiniye Standard de Liège yo mu Bubiligi uzajya uhembwa miliyoni 4