in

Marcus Rashford akomeje kugoboka umunyabigwi wa Manchester United utakigira urwara rwo kwishima

Marcus Rashford, Umwongereza akaba na rutahizamu wa Manchester United akomeje gufasha umunyabigwi w’iyo kipe wahuye n’ibibazo by’ubukene.

Uyu munyabigwi wa Manchester United yitwa Wes Brown kuko yayikiniye imikino 262 mu myaka 19 mbere y’uko yerekeza mu makipe arimo Sunderland na Blackburn Rovers.

Wes Brown wahuye n’ibibazo by’ubukene

Wes Brown wasoje ruhago muri 2017,yaje guhura n’ikibazo cy’amikoro ku buryo abakinnyi ba bakinanye nawe barimo Wayne Rooney na Michael Carrick batangiye kumufasha mu buryo bw’amafaranga.
Marcus Rashford nawe uri mu bakinnyi bahembwa agatubutse i Manchester , ubu ari kwishyurira inzu ,Wes Brown wakennye.

Written by THIERRY Mugiraneza

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it :+250 789 020 938

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Igikombe cy’Amahoro: Rayon Sports yajugunye Police FC isanga Mukura muri ½

Burya disi bihitana benshi: Hamenyekanye imibare y’ibiza biba ku Isi yose ndetse n’abantu bahitanwa nabyo buri mwaka