in ,

Burya disi bihitana benshi: Hamenyekanye imibare y’ibiza biba ku Isi yose ndetse n’abantu bahitanwa nabyo buri mwaka

Ibiza ni kimwe mu bintu bihangayikishije abatuye Isi kuko bitwara ababo bakundaga kandi bakibakeneye ugasanga basigaye mu gahinda gakabije.

Mu Rwanda ni hamwe mu hantu hajya hakunda kugaragara ibiza dore ko mu ijoro rya keye imvura yaguye yateje umwuzure n’inkangu mu duce dutandukanye tw’igihugu bigatuma abantu bagera 115 baburiramo ubuzima.

Muri raporo y’ikigo gikora ubushakashatsi ku biza giherereye mu gihugu cy’u Bubiligi igaragagaza ko buri mwaka haba ibiza bigera kuri 6800 ku Isi yose bikaba bihitana abantu bagera ku 60.000 ku Isi yose.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Marcus Rashford akomeje kugoboka umunyabigwi wa Manchester United utakigira urwara rwo kwishima

“Bizu, bizu …” Umusore n’inkumi bahatiwe gusomana ku karubanda (VIDEWO)