in

Mama Sava yavuze impamvu ikomeye utigeze umenya yatumye ashwana n’umugabo wari ugiye kumurongora

Umukinnyi wa filime Nyarwanda ukunzwe na benshi, Umunyana Annalisa wamamaye nka Mama Sava muri filime nto y’uruhererekane ya Papa Sava yavuze ko yahisemo gutandukana n’uwari umukunzi we Nshuti Alphonse nyuma yo kubona ko hari ibyo batarimo guhuza.

Mu mpera z’umwaka ushize nibwo Mama Sava na Alphonse [Alpha] usanzwe ukorera Yongwe TV bashyize kumugaragaro iby’urukundo rwabo aho uyu munyamakuru yari yaranamwambitse impeta.

Mu kiganiro n’ikinyamakuru ISIMBI, Mama Sava yemeje ko atakiri mu rukundo n’umunyamakuru Alpha, ni nyuma y’uko basanze hari ibitagenda bahitamo kubihagarika.

Ibitagenda ntiyifuje kibivuga gusa hari amakuru avuga ko kubera bombi bari barigeze urugo ngo impapuro za gatanya zatinze kuboneka.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Munyakazi Sadate ukubutse mu umutambagiro mutagatifu i Makka, yasengeye u Rwanda mu budasanzwe

Farida Kajala yagaragaye afite ishakoshi ikozwe mu buryo budasanzwe – AMAFOTO