in

M Irene imbavu zendaga guturika: Junior Giti asekeje Irene ubwo yitunguraga ku munsi w’isabukuru ye y’amavuko ndetse kandi yahishuye ko we na Rocky bigeze kurya isheni – VIDEWO

Umusobanuzu wa filime, Junior Giti wagize isabukuru y’amavuko kuri uyu wa Mbere tariki 24 Mata 2023, yasekeje Irene Murindahabi ubwo yitunguraga maze yiha Keke(umustima).

Uyu musobanuzi kandi yahishuye ko we na mugenzi we Rock Kimono bigeze kurya isheni, gusa yavuze ko yari iyubuginga.

VIDEWO

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dabijou yavuze akayabo k’amafaranga by’amutwaye kugirango bamwongerere ikibuno abantu barumirwa 

Abakobwa b’i Nyarugenge nta mikino bakigira mu rukundo! Reba amashusho y’umukobwa watereye ivi umusore bakundana – VIDEWO