in

Dabijou yavuze akayabo k’amafaranga by’amutwaye kugirango bamwongerere ikibuno abantu barumirwa 

Abantu benshi bakomeza kwibaza ahantu abakobwa benshi bakura ubwiza, imiterere myiza, ndetse n’amajwi meza! Gusa ubu sibikiri ibyo kwibazwaho kuko iyo ugannye muganga, aba ari nko guhumbya.

Umunyarwandakazi Dabijou umaze kumenyekana cyane ku mbuga nkoranyambaga ndatse akaba azwiho kugira ikibuno kinini yatangaje abantu ubwo yavugaga amafaranga byamutwaye kugirango yongererwe ikibuno.

Yavuze ko byamutwaye agera kuri million 12 z’amanyarwanda kugirango ahabwe iyi miterere myiza afite.

Akomeza avuga ko kandi ikibuno cye atari pirate kuberako ntabindi bintu bashyizemo ahubwo ari ibinture bye bamubazeho bakabimwongerera ku kibuno.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kigali polisi yerekanye agatsiko k’abasore 5 batega abantu bakabambura utwabo

M Irene imbavu zendaga guturika: Junior Giti asekeje Irene ubwo yitunguraga ku munsi w’isabukuru ye y’amavuko ndetse kandi yahishuye ko we na Rocky bigeze kurya isheni – VIDEWO