in ,

Lionel Messi yatangaje amakipe abiri ya mbere ateye ubwoba kurusha ayandi ku isi

Lionel Messi uherutse kwegukana igihembo cy’umukinnyi watsinze ibitego byinshi kurusha abandi ku mugabane w’Uburayi yatangajeko kuri ubu amakipe aruta ayandi ku buryo bugaragara ari PSG ndetse na Manchester City.

Mu kiganiro yagiranye n’ikinyamakuru Marca, Lionel Messi yagize ati :”Kuri ubu City ni imwe mu makipe akomeye ku isi hamwe na PSG. Ndetse nanahamya ko ariyo akomeye kurusha ayandi.

Messi yakomeje asobanura ko Real Madrid na Bayern nazo zikomeyeariko zitari ku rwego nkurwa PSG na City agira ati :”Sinakwibagirwa na Real Madrid kuko n’ikipe ihora yifuza ibikombe byose ndetse na Bayern nayo ni ikipe ihora mu makipe akomeye gusa magingo aya amakipe arenze ayandi ni abiri PSG na Man City.

Written by YEGOB HIT

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kigali : Monaco Cafe yabateguriye ahantu heza ho gusohokera n’umuryango wawe

Reba uburyo Miss Vanessa Uwase yibasiye Miss Ingabire Habibah akamusebya akamwandagaza