in ,

Lionel Messi akuyeho agahigo ka Cristiano Ronaldo yari afite gakomeye

Lionel Messi ku myaka ye 29 iyi saison yatsinze ibitego 37 muri La Liga,ahita aba umukinnyi watsinze ibitego byinshi muri shampiyona zikomeye ku mugabane w’i Burayi bihemberwa Soulier d’Or,ubu akaba ategereje kuyishyikirizwa mu mezi ari imbere.

Lionel Messi

Lionel Messi akaba akuyeho agahigo kari gafitwe na Cristiano Ronaldo aho ari we warufite nyinshi zigera kuri 4.Ubu aba bagabo bombi bakaba banganya umubare wa Soulier d’Or batwaye (4).

Soulier d’Or y’ubushize yatwawe na Luis Suarez nawe ukina muri FC Barcelone.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

AGAHINDA-Umukinnyi ukomeye Liverpool yashakaga kugura hasi hejuru ahuye n’ibibazo bikomeye cyane

Iyumvire uko Anita Pendo yabujijwe amahwemo n’inda atwite