Umwe mu bakoresha Twitter yashyize hanze aho igiciro cy’ibirayi kigeze ku kiro maze abantu bacika ururondogoro kubera ukuntu gihanitse.
Uyu witwa Noella Shyaka yagize ati “Iyi Kigali irasigaramo bacye ndakurahiye, 1kg cyibirayi kiri 2000Rwf.”

Abantu benshi bahise bacika ururondogoro kubera ukuntu gihanitse, hari abavuga ko igihenze ari isoko bahahiramo.