in

‘Kurya ifiriti bikomeje kugorana i Nyarugenge’ Abatari bake babonye aho igiciro cy’ibirayi kigeze i Kigali maze bacika ururondogoro

Umwe mu bakoresha Twitter yashyize hanze aho igiciro cy’ibirayi kigeze ku kiro maze abantu bacika ururondogoro kubera ukuntu gihanitse.

Uyu witwa Noella Shyaka yagize ati “Iyi Kigali irasigaramo bacye ndakurahiye, 1kg cyibirayi kiri 2000Rwf.”

 

Abantu benshi bahise bacika ururondogoro kubera ukuntu gihanitse, hari abavuga ko igihenze ari isoko bahahiramo.

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amashusho y’urukozasoni yafashwe umusore n’umudamu bari kwirwanaho mu bwiherero bw’indege yabaye kimomo ku mbuga nkoranyambaga

Fofo wo muri filime ya Papa Sava nyuma yo kwibaruka yagize icyo avuga ku bantu bagereranya urushako rwe n’urwa Bijoux we rutamaze kabiri – VIDEWO