in

“Kuba urukundo rwawe nibyo nahoraga ndota” umukinnyi ukomeye muri Basketball mu Rwanda yatomagije umufasha we

Umukinnyi w’ikipe y’igihugu ya Basketball na REG BBC, Shyaka Olivier yatomagije umufasha we baherutse gukora ubukwe avuga ko ari we yahoraga arota.

Uyu mukinnyi yifashishije urukuta rwe rwa Instagram yanditse ubutumwa burebure cyane , aho yabanje kwifashisha umurongo wo muri Bibiliya uvuga ko ari yo mpamvu umugabo azasiga se na nyina akibumbira ku mugore we bakaba umwe, arangije amubwira ko ari we yahoraga arota kandi kuba yaraje mu buzima bwe akaba aribyo yahoraga yifuza.

Kuwa Gatandatu tariki ya 19 Ugushyingo 2022 nibwo Uyu mukinnyi yakoze ubukwe umufasha we Isaro Amanda asezerana kuzabana akaramata.

 

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Birabe ibyuya! Ikipe y’igihugu y’Ubufaransa yatewe n’uburwayi mu bakinnyi bayo mbere gato ko bahura na Morocco mu gikombe cy’isi

Ngaho da: Meddy yumvise ijwi ry’Imana rimuhamagara none byamurenze kwihangana biranga