in

Ngaho da: Meddy yumvise ijwi ry’Imana rimuhamagara none byamurenze kwihangana biranga

Ngabo Meddy umuhanzi ukomeye cyane uvuka mu Rwanda akaba atuye muri Leta zunze ubumwe za Amerika yahishuye ibitangaza byamubayeho.

Uyu mugabo aherutse kuvuga ko agiye guhindura ibihangano bye akaba agiye gukora indirimbo zihimbaza Imana.

Yagize ati:” numvise ijwi mu mutima wange” birenze indirimbo ndetse birenze amagambo, aya ni amwe mu magambo Meddy yifashishije asobanura indirimbo ye (blessed) agiye gusohora.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Kuba urukundo rwawe nibyo nahoraga ndota” umukinnyi ukomeye muri Basketball mu Rwanda yatomagije umufasha we

Lionel Messi yatangaje amagambo yatumye abaturage ndetse n’abakunzi ba Argentina muri rusange bacika igikuba