in

Ku myaka 16 umukinnyi w’umunyarwanda agiye kwerekeza mu ikipe yo mu budage

Umukinnyi ukiri muto cyane wakiniraga ikipe ya Mukura vc, agiye kwerekeza mu ikipe yo mu budage.

Amakuru dukesha the choice live avuga ko Iradukunda Elie Taou w’imyaka 16 agiye kwerekeza mu ikipe yitwa Sport-Club Paderborn izwi nka SC Paderborn yo mu kiciro cya kabiri mu budage.

Uyu mukinnyi ukiri muto yakuriye mu ikipe y’abato ba Mukura nyuma aza kuzamurwa mu ikipe nkuru, hatagize igihinduka uyu musore azerekeza mu budage muri uku kwezi kwa Werurwe.

 

Written by Uwihirwe Olivier

0782114729 message me on WhatsApp

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyamakuru Sam Karenzi yahawe ibihembo bishimishije n’ikipe ikomeye mu Rwanda

Abagabo bagiye kwigaragambya ku biro bya Police bambaye ubusa