in

Abagabo bagiye kwigaragambya ku biro bya Police bambaye ubusa

Aba bagabo ngo bageze mur iki giti bahise batangira kubwiriza ubutumwa.

Abo bagabo bageze kuri ibi biro bya polisi by’ahitwa Nakuru muri Kenya kuwa Kane nijoro batangira kurira iki giti ariko bamanirwa igitaraganya barirukanwa.

Icyakora bukeye,bahisemo kubishyira ku rundi rwego,baragaruka bambara ubusa barangije burira icyo giti.

Polisi yagerageje kubambika ku ngufu no kubamanura muri iki giti ariko biba iby’ubusa.

Written by niyigena4

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ku myaka 16 umukinnyi w’umunyarwanda agiye kwerekeza mu ikipe yo mu budage

Bidasubirwaho umukinnyi w’umunyarwanda ukinira ikipe ya Rayon agiye kwerekeza i Burayi