Aba bagabo ngo bageze mur iki giti bahise batangira kubwiriza ubutumwa.
Abo bagabo bageze kuri ibi biro bya polisi by’ahitwa Nakuru muri Kenya kuwa Kane nijoro batangira kurira iki giti ariko bamanirwa igitaraganya barirukanwa.
Icyakora bukeye,bahisemo kubishyira ku rundi rwego,baragaruka bambara ubusa barangije burira icyo giti.
Polisi yagerageje kubambika ku ngufu no kubamanura muri iki giti ariko biba iby’ubusa.