in ,

“Kongera gukunda byarananiye!” Juno Kizigenza yavuze uburyo kongera gusubira mu rukundo byamunaniye nyuma yo gutana na Ariel Ways

Kongera gukunda byarananiye! Juno Kizigenza yavuze uburyo kongera gusubira mu rukundo byamunaniye nyuma yo gutana na Ariel Ways.

Mu kiganiro Juno Kizigenza yagiranye na Banyamakuru ba The Choice, bamubajije niba byaba byaramworoheye kongera gukunda nyuma yo gutana na Ariel Ways.

Juno yavuze ko bitoroshye ntagato, kuko kujya gushaka uwo babijyamo neza ni ibintu bitwara igihe kitari gito, kandi muri icyo gihe hari byinshi biba byononekara.

Bityo ntibyamworoheye, ndetse yavuze ko ubu ahagaze uwumwe( single), ntamukobwa afite bari gukundana nyuma ya Ariel Ways.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ntwari Fiacre washakwaga bikomeye cyane na Apr Fc, Rayon Sports na Police Fc yamaze gufata indege yihuse yerekeza mu gihugu cy’abajejetafaranga gushaka akazi

Producer Element yasubizanyije uburakari bamwe mu bakunzi be bamubwiye ko yica umuziki ndetse ko yashishuye indirimbo