in

Producer Element yasubizanyije uburakari bamwe mu bakunzi be bamubwiye ko yica umuziki ndetse ko yashishuye indirimbo

Producer Element Eleee usigaye ari umuhanzi, yasubizanyije uburakari bamwe mu bakunzi be bari bagize icyo batangaza ku magambo yasangije abamukurikira ku rukuta rwe rwa Instagram.

Element yagize ati “Ninjye muhungu uba muri kigali witonda.” aya magambo yakurikiwe n’imbamutima z’abamukurikira kuri uru rubuga.

Umwe yagize ati “Usigaye bakoshya ukica umuziki, arinako ufata ibit umwuka.” nawe yahise amusubiza ati “Rekana n’amatiku y’injangwe biriya byose ni ibinyomo.”

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Zaga
10 months ago

Iriya ntago Ari account official ya Element

“Kongera gukunda byarananiye!” Juno Kizigenza yavuze uburyo kongera gusubira mu rukundo byamunaniye nyuma yo gutana na Ariel Ways

Wowe uyu munsi uri kwitwa inde! Abatari bake bazindukiye muri Kigali Pele Stadium ku munsi mukuru wa Eid Al Adha (Amafoto)