in

KNC imibare ikomeje kumubana ibihekane yibaza uburyo azakomeza kwicara ku myanya w’icyubahiro

Gasogi United, imwe mu makipe amaze igihe kitari kinini muri Shampiyona y’u Rwanda, kuri ubu ikaba yicaye ku umwanya wa mbere muri Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda.

Kuri uyu wa Gatanu, Gasogi United ntiyorohewe na Gorilla FC bajya kunganya imyaka bamaze bakina ariko abo ku ruhande rwa ‘KNC’ basoje iminota 90′ batsinze, begukana amanota atatu ndetse bafata umwanya ubanza.

Mu mukino wabereye kuri Stade ya Bugesera uhereye i Saa Cyenda z’amanywa (15:00), amakipe yombi asanzwe afitwe n’abashoramari bayashinze yatangiye asatirana ku buryo bungana, ndetse ubusatirizi bucungwa neza hirindwa gutsindwa kare ariko biza kurangira Gasogi United itsinze Gorilla FC 2:1.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Ntabwo yamara kabiri” Jeanine Noach mu munyenga w’urukundo rushya yasimbuje Cyusa -AMAFOTO

Nubwo yaguriwe umuhisi n’umugenzi , Graham Potter utoza Chelsea akomeje kwiyicaza ku ntebe ishyushye!