in

King James uzwiho guhanga indirimbo z’imitoma, yasubije igisubizo cyatunguye abantu benshi ubwo yabazwaga niba afite uwo atera imitoma byihariye

Ruhumuriza James wamenyekanye muri muzika nyarwanda nka King James yatunguye abantu benshi ku gisubizo yatanze ubwo yabazwaga niba afite umukunzi.

Ubwo yari mu kiganiro Samede detente kuri radio Rwanda, yabajijwe niba hari umukunzi afite ajya atera imitoma, maze asubiza ko ntawe agira.

Uyu musore uzwiho kuririmba indirimbo zirimo imitoma ikunda kwifashishwa n’abakundana, hakomeje kwibazwa impamvu adashaka umugore kuko amafaranga amaze kuyagwiza.

Gusa hari andi makuru avuga ko uyu musore yaba yarakoze ubukwe mu ibanga rukomeye cyane, akaba afite umugore babana muri America.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Iby’umubano wa Diamond na Zuchu nyiri ubwite abihaye inyito yatunguye benshi

Gasabo: Ubushinjacyaha bwatangiye gukurikirana umugore ukekwaho guta umwana mu cyobo kirekire