in

Iby’umubano wa Diamond na Zuchu nyiri ubwite abihaye inyito yatunguye benshi

Diamond Platnumz na Zuchu bemeje ko nta rukundo barimo , bitandukanye n’uko byari bimaze iminsi bizwi.

Diamond Platnumz yabihamije mu butumwa yashyize kuri Instagram avuga ko guhera uyu munsi abantu batangira kubabona nk’abavandimwe kuruta uko byari bizwi.

Diamond Platnumz yavuze ko we na Zuchu ari nka mushiki na musaza.

Ibyo byaje nyuma yuko Zuchu yaramaze gusiba amafoto yose amugaragaza ari kumwe na Diamond n’andi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ubwiza bukomeje gushakwa hasi hejuru, umukobwa yemeye anyura mu buribwe ariko atoborwa ku kibuno ashyirwaho amaherena(Videwo)

King James uzwiho guhanga indirimbo z’imitoma, yasubije igisubizo cyatunguye abantu benshi ubwo yabazwaga niba afite uwo atera imitoma byihariye