in

Kigali: Abakunzi b’ifiriti muri iyi minsi batunguwe n’igiciro cy’ibirayi bya Kinigi bizwiho kugira ifiriti iryoha

Mu mujyi wa Kigali abakunzi b’ifiriti bakomeje gutungurwa n’ihindagurika ry’igiciro cyo hejuru  ku birayi bizwi nka Kinigi bizwiho kugira ifiti ikundwa n’abatari bake.

Mbere gato y’iminsi mikuru ikiro cy’ibirayi bya Kinigi cyari kuri 470rwf, mu minsi mikuru kigera kuri 500rwf ariko iminsi mikuru ikirangira cyaratumbagiye kigera kuri 550rwf. Haciye iminsi mike ibi birayi bya kinigi bigera kuri 600rwf.

Ibi birayi bikunze guhigwa mu ntara y’Uburengerazuba ndetse n’Amajyaruguru cyane i Musanze mu Kinigi aho iri zina ryanakomotse.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Yagiye nk’abagesera” Bad Rama ntabwo yashimishijwe n’imyitwarire ya Harmonize ubwo yazaga i Kigali kandi ngo ari inshuti yahafi na The Mane

KNC yazize umunwa we, Moses yatutse kuri nyina KNC n’abandi bakomeye mu gihugu