in

Kayonza: Dasso yafashwe ari kumwe n’umujura barimo bapanga uko bagiye kwiba

Umugabo ukorera urwego rw’umutekano rwa Dasso mu Murenge wa Mukarange, yaguwe gitumo n’inzego z’umutekanno ari kumwe n’umujura bashaka kwambura umuturage mu nzira.
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Kayonza, Rubwahuka Olivier,yabwiye IGIHE ko uyu DASSO yatawe muri yombi n’ingabo zari ziri kugenzura umutekano n’irondo ryo muri aka gace.

Yagize ati “ Ntabwo uyu mukozi wa DASSO yari arimo kugenzura umutekano ahubwo yari ari kumwe n’umujura noneho bahuye n’umuntu bashaka kumwambura bafatwa n’irondo rifatanyije n’ingabo zari zirimo gukora ibikorwabyo kugenzura umutekano.”

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nyuma ya De Gea, undi mukinnyi ukomeye ntazakinira Espagne mu gikombe cy’isi

Umukobwa yafashwe n’amagini nyuma yo kubatizwe mu mazi magari ahita atangira gukubita Pasiteri wamubatizaga(videwo)