in

Jado Casta yahaye ubutumwa FERWAFA na Minisport avugira abakunzi b’ikipe y’igihugu Amavubi

Umunyamakuru wa BB Umwezi Bagirishya Jean de Dieu uzwi mu biganiro by’imikino nka Jado Casta yahaye ubutumwa FERWAFA ndetse na Minisiteri ya Siporo.

Uyu mugabo uzwiho kutaripfana, yavuze ko FERWAFA na Minisport bari kwambura Abanyarwanda ikipe y’igihugu Amavubi kandi ari iyabo.

Yagize ati “Minisiteri ya Siporo na FERWAFA muri kwambura Abanyarwanda ikipe y’igihugu yabo. Ikipe izahamagarwa mu bwiru, aho bishoboka kuyereka Abanyarwanda mukabyanga, ni iki muhisha mu mavubi? Niba idashoboye, ntishobaye ni iyacu.”

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Sadio Mane akomeje gushimangira ko ari Umusiramu ukomeye _ IFOTO

Uyu ni murumuna wa Knowless 100 ku 100 (AMASHUSHO)