in ,

Iyumvire uko ibyashyikiye Knowless aribyo byenda gushyikira Diamond na Zari

2211-1-1-diamond-and-wife-1-horz

Ubu ibyishimo ni byose mu muryango wa Knowless na Clement nyuma yuko bibarutse imfura yabo ku italiki ya 22 /12/2016. Kuri ubu amakuru dukesha Herald.co.uk yemeza ko ibi byishimo bigiye no kwimukira i Dar es Salaam mu mutima wa Diamond na Zari kandi mu gihe kitarambiranye.

Ngo harabura iminsi mike Zari Hassan yibaruke umwana w’umuhungu bamaze no guha izina rya Prince Riaz

Mu cyumweru gishize umuryango n’inshuti za Zari  barahuye bakora ibirori by’akataraboneka byo kwitegura iki kibondo.Ibi byabaye nyuma yuko Zari yagaragaje ifoto y’umwana atwise ,ifoto yafashwe hifashishijwe ikoranabuhanga.

Ku italiki ya 2 Diamond afite igitaramo muri Zimabwe kizabera mu nzu izwi nka International conference centre (Harare) ni bwo bwa mbere Diamond azaba akoreye igitaramo muri iki gihugu ariko Herald irahamya ko iki gitaramo azagikorana umunyenga kubw’ umwana we azaba yibarutse nihatagira impinduka zidasanzwe ziba mu gutwita kwe

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Biratangaje: Ifungwa ry’umukinnyi ukomeye muri Fc Barcelona ryahangayikishije abatagira ingano

IBYAHISHWE :Dore impamvu bivugwa ko Donald Trump akorana n’imbaraga z’umwijima (Illuminati)