in

Birabe ibyuya: Inzu zahiye zirakongoka mu buryo budasanzwe

Umuriro ni kimwe mu bintu bikomeje kwibasira bimwe mu bice by’Isi bitandukanye ndetse ugatwara n’ubuzima bw’abantu batari bake ku Isi.

Mu gihugu cy’abaturanyi cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo inzu zitaratangazwa umubare zahiye zirakongoka bitewe n’umuriro udasanzwe wibasiye agace ka Camp Zaire muri komine Kadutu mu mujyi wa Bukavu kugeza ubu nta mibare iratangazwa y’inzu zaba zahiye nk’uko ikinyamakuru Igihe dukesha iyi nkuru cyabitangaje.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Na we byaramurenze: Mechack ufite ubumuga yatangaje uburyo yumvaga ameze ubwo yahaga umupira umukuru w’igihugu Perezida Paul Kagame abandi babitinye (video)

Burya nibo banyirabayazana: Umunyamakuru Rugaju Reagan yavuze ko abafana ba Rayon Sports aribo bayitera kugira ibibazo byose ihoramo