Imyidagaduro
Irebere Miss Keza Joannah mu myambaro igaragaza amabere

Bagwire Keza Joannah wabaye Nyampinga uhagarariye umuco mu Rwanda mu mwaka wa 2015,ndetse akaba uwa kane muri banyampinga baturutse mu bihugu 40 bari bahagarariye umuco ku isi ,kuri ubu uyu mukobwa ufite imyaka myakumyabiri,yashyize ifoto ahagaragara ashimira Umutoniwase Flora nk’inshuti ye magara imuhora hafi ariko kandi iyi foto itandukanye n’andi menshi wamubonyemo kuko igaragaza igice kinini cy’igituza  cy’uyu mwali.
Mu magambo yuje ubuvandimwe no gushima Miss Keza Joannah yaherekeresheje iyi  ifoto imugaragaza ari kumwe n’uyu Flora,bigaragara neza ko Joannah yari yambaye umwenda ugaragaza igice kitari gito cy’amabere (cleavage) .

Keza Joannah “A good friend deserve to be cherished and treated as a family you are more than a bestfriend to me you are the sister i have always dreamt off😌 just one word to you I LOVE YOU🙌🻠@flora”
Miss Joannah ati” Inshuti nziza ikwiye kwitabwaho no gufatwa nk’umuryango ,undutira inshuti nziza ,uri umuvandimwe nahoze nifuza kugira,mu ijambo rimwe gusa ndagukunda Flora”
-
inyigisho20 hours ago
Musore mwiza tereta nakubwira iki ariko umenye ko ibi bintu bikurikira abakobwa babyanga urunuka ubyirinde utazisama wasandaye
-
Imyidagaduro23 hours ago
Fred Lyon wamamaye mu kwambika ibyamamare bitandukanye yambitse impeta umukobwa w’umwarabukazi wamwemereye ko azamubera umugore (AMAFOTO)
-
Imyidagaduro23 hours ago
Nubwo Emmy na Fiancée we batubeshye ko yamutunguye, burya aho ibirori byabo byabereye harenze kure ibya Meddy(AMAFOTO).
-
Imyidagaduro14 hours ago
Abanyarwandakazi babica bigacika kubera uburanga bwabo bukurura abagabo bukanabinjiriza agatubutse(AMAFOTO)
-
Inkuru rusange13 hours ago
Rwanda:Umugeni yafashe fiancé we asambana n’undi mukobwa ubukwe bwabo buhita bupfa.
-
Imyidagaduro17 hours ago
Amafoto y’abastar nyarwanda yaciye ibintu kuri instagram muri iki cyumweru
-
inyigisho11 hours ago
Waruziko gutera akabariro kenshi birinda indwara nyinshi harimo n’izikomeye? Sobanukirwa!
-
Ikoranabuhanga20 hours ago
WhatsApp yatanze ikindi gihe ntarengwa izatangiriraho gushyira mu bikorwa amavugurura yabo mashya.
ararifite byo rero!!Ni hatari