Umuhanzikazi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Byishimo Pamella yamaze kwitaba Imana.
Aya makuru akomeje gucaracara ku n’itangazamakuru bigiye bitandukanye bivuga ko uyu Byishimo Pamella wari mu baramyi bishimirwa na benshi waririmbaga mu itsinda rya Healing Worship Team yitabye Imana.
Gusa kugeza ubu ntiharatangazwa icyo Byishimo Pamella yazize.