in

Bwa nyuma na nyuma Cristiano Ronaldo ashobora kuba abonye umutoza bagiye kumvikana muri Portugal

Kugeza kuri ubu bidasubirwaho Roberto Martinez niwe mutoza mushya w’ikipe y’Igihugu ya Portugal ugiyeho asimbuye Fernando Santos ,nk’uko byemejwe n’ibinyamakuru bitandukanye muri iki gihugu .

Akimara kugirwa umutoza mukuru wa Portugal Roberto Martinez yavuze ko Cristiano Ronaldo akwiye icyubahiro nyuma y’imyaka 19 akinira ikipe y’igihugu , ndetse Roberto akaba yahise avuga ko ari ingingo izagarukwaho bidatinze.

Roberto Martinez niwe mutoza mukuru w'ikipe y'Igihugu ya Portugal
Roberto Martinez niwe mutoza mukuru w’ikipe y’Igihugu ya Portugal

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inkuru y’akababaro muri 2023: Umuramyi Pamella Byishimo yitabye Imana

Cristiano Ronaldo agiye gusenya ibikorwa bya Manchester United yibereye muri Saudi Arabia arya ifi n’inkoko