in

Inkuru nziza kubifuza gukorera impushya z’agateganyo kuri mudasobwa

Nyuma y’igihe kinini benshi mu banyarwanda bifuza kwiyandikisha gukorera urushya rw’agateganyo rwo gutwara ibinyabiziga basubijwe ku kibazo cyabo.

Kuri uyu munsi Police y’u Rwanda, Ishami rishinzwe Ibizamini no gutanga impushya zo gutwara ibinyabiziga bashyize hanze itangazo rigenewe abifuza gukorera ikizamini kuri mudasobwa.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugabo wari warihebeye imikino y’amahirwe izwi nka bet yaguye igihumure ahita apfa nyuma yo kuribwa inshuro 2 gusa ibyatunguye benshi ni uburyo yashyinguwemo

Harmonize aritegura kubona umwana