Muri  Mankesisim ,mu gihugu cya Ghana indaya yajyanye kuri polisi umusore w’umushoferi w’imyaka 25 imushinja kuba bararanye ijoro ryose ariko undi bwacya akanga ku mwishyura amafaranga 600 yo muri ghana , ni ukuvuga agera ku bihumbi 45000 mu manyarwanda bari bumvikanye
Uyu mukobwa yavugaga ko yahaye neza uyu musore mu buryo yabyifuzagamo ,kuburyo batanakoresheje agakingirizo ubwo bakoraga imibonano mpuzabitsina , ariko yarangiza akanga kumwishyura agahitamo ku mufata mu mashati akamwijyanira kuri Polisi ngo babakiranure amwishyure yigendere
