in

Indaya yateje akavuyo kuri polisi ifata umusore mu mashati

Uyu mukobwa yari yafashe mu makabutura uyu musore
Uyu mukobwa yari yafashe mu makabutura uyu musore

Muri  Mankesisim ,mu gihugu cya Ghana indaya  yajyanye kuri polisi umusore w’umushoferi w’imyaka 25 imushinja kuba bararanye ijoro ryose ariko undi bwacya  akanga ku mwishyura amafaranga 600 yo muri ghana , ni ukuvuga agera ku bihumbi 45000 mu manyarwanda bari bumvikanye

Uyu mukobwa yavugaga ko yahaye neza uyu musore mu buryo yabyifuzagamo ,kuburyo batanakoresheje agakingirizo ubwo bakoraga imibonano mpuzabitsina , ariko yarangiza akanga kumwishyura agahitamo ku mufata mu mashati akamwijyanira kuri Polisi ngo babakiranure amwishyure yigendere

Uyu mukobwa yari yafashe mu mashati umusore
Uyu mukobwa yari yafashe mu mashati umusore

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukinnyi ngenderwaho wa APR FC ari kubabaza abatoza b’iyi kipe nyuma y’imvune yagize itari ikenewe

AMAFOTO: Umwuka mwiza wagarutse hagati ya Coach Gael na Bruce melodie bongeye guseka nyuma yo gufatana mu mashati