Bruce melodie warumaze kumenyekana kw’izina rya Munyakazu nyuma y’amakuru avugako yaba yarariye Miliyoni 200 za nyiri 1:55Am entertainment ariwe Coach GaelĀ birashiboka ko baba biyunze.
Mu mafoto yabagaragaje aba bombi barikumwe ndetse n’umuhabzi ugezweho mu Rwanda nohanze Kenny Sol dore ko anafite ibitaramo bibiri mu gihugu cy’u Burundi arigutegura byagaragayeko bari gutegura ikintu gikomeye.

Coach Gael yashyize ayo mafoto kurukuta rwa Instagram rwa 1:55Am entertainment arenzaho amagambo akomeye yagize ati:”N’ikintu gikomeye aho abafite ibitekerezo bizima bahura n’abanyemano nziza”