in

Impinduka ku muganda rusange wari uteganyijwe tariki ya 30 uku kwezi mu gihugu hose

Minisiteri y’Ubutegetsi bw’lgihugu yatangaje ko mu rwego rwo kwitegura umunsi mukuru wa Pasika, umuganda rusange wagombaga kuba ku itariki ya 30 Werurwe 2024 utakibaye.

Gusa abaturage barasabwa gukomeza gukora isuku mungo zabo nk’uko bisanzwe bazirikana gusibura ndetse no gusiba ibinogo birekamo amazi mu buryo bwo kwirinda indwara.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ni umuturika! Irakoze Vanessa witabiriye Miss Rwanda 2018 yahaye impano y’imodoka musaza we Kabanda Serge akaba rutahizamu ukomeye wa Gasogi United -Amafoto

Umumaro w’Umwuka Wera n’icyo umukristo asabwa kugira ngo awuhabwe