in ,

Imbamutima za Emanuel wiga muri Kaminuza ya Butare ‘UR’ akanakora akazi k’ubukarani -AMAFOTO

Mu karere ka Huye muri Kaminuza ya Butare ‘UR’ hari umunyeshri witwa Niyonugabo Emanuel wigamo mu mwaka wa kabiri akaba abifatanya no gushakisha amafaranga nyuma y’amasomo muburyo bukomeye.

Uyu musore wakuriye mubuzima bugoranye ariko akagira amahirwe yo kujya mwishuri none Kuri ubu akaba ajyiye kurangiza amashuri yisumbuye avuga ko impamvu nyamukuru yamuteye kujya gukora akazi k’ubukarani ari ukwanga kubangamira umubyeyi we kandi yarabonaga amaze gukura.

Ni amasomo afatanya n’akazi k’ubukarani aho akoresha imbaraga ze kugirango abone amafaranga amutunga mugihe afite mushiki we nawe wiga muri Kaminuza kandi Bose bakaba barihirwa na mama wabo gusa kuko papa wabo ntakinu abafashe.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ese koko abanyarwanda bahuriye ku mbuga nkoranyambaga bashobora gukundana rugakomera?

Umutoza wa Kiyovu Sports yatumye abafana ba Rayon Sports bidoga nyuma yo gutangaza abakinnyi b’inkingi za mwamba bashobora kudakina kuri Rayon Sports