in

“Ikorwa n’abantu bambaye nka Adam na Eva” Menya ingaruka ziterwa no gukora massage ya body to body (umubiri ku mubiri)

Mu minsi mike ishije, twabagejeje uko massage uzwi nka body to body (umubiri ku mubiri) ikorwa, aho twavuze ko ikorwa n’abantu 2 bombi bambaye ubusa buri umwe akuba umubiri ku wundi.

Ingaruka nziza ziterwa no gukora massage ya body to body

. Ivura amavunane

. Ivura umunaniro ukabije (stress)

. Ikangura ibice bisinziriye mu mubiri

. Ku batangira ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina, massage ya body to body ni umuti mwiza

. Umuntu uyikoze ahorana akanyamuneza

Ingaruka mbi ziterwa no gukora massage ya body to body

. Ubusambanyi butateguwe: Kubera ko ikorwa abantu bose bambaye ubusa(umuhungu n’umukobwa) bituma bombi bagira ubushake bwo gutera akabariro.

. Kwandura indwara zitunguranye: Mu gihe abari gukora iyi massage, bakunda kugira ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina batabipanze, byabaviramo kwanduzaya indwara kubera ko akenshi kwikingira bigorana.

. Ishobora kuba intandaro ya gatanya mu bashakanye: Abashakanye bajya gukoresha iyi massage ya body to body, akenshi biteza imyiryane kubara ko batezera ibikorerwa mu cyumba ikorerwamo.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abajura bakomeje guhanga udushya muri uyu mwuga, na we iyumvire amayeri basigaye bakoresha ngo bibe abaturage utwabo

Yaguye nk’amabere! Umukinnyi wa KIYOVU SPORTS yacenze uwa APR FC agusha inda hasi (VIDEWO )