in

Ikipe ya Rayon Sports nyuma yo gushimira Jean Paul Nkurunziza yashyizeho umuvugizi mushya

Ikipe ya Rayon Sports nyuma yo gushimira Jean Paul Nkurunziza yashyizeho umuvugizi mushya

Ku munsi wejo hashize nibwo ikipe ya Rayon Sports yatangaje kumugaragaro ko Jean Paul Nkurunziza atakiri umuvugizi w’iyi kipe.

Hashize iminsi igera kuri 3 Jean Paul Nkurunziza yerekeje mu gihugu cya Canada gukomerezayo ubuzima aho bivugwa ko agiye kwiga ndetse akazanaturayo, ariko amakuru yuko yagiye yamenyekanye ku munsi wejo hashize kuwa gatatu.

Ikipe ya Rayon Sports nyuma yo gushimira Jean Paul Nkurunziza wari umuvugizi wayo, kugeza ubu yahise ishyiraho Ngabo Roben umaze iminsi ashinzwe itumanaho muri iyi kipe.

Ngabo Roben yahawe akazi mu minsi ishize nk’umuntu ushinzwe itumanaho muri Rayon Sports ariko kugeza ubu agiye kujya abifatanya no kuba umuvugizi.

 

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ese burya nawe ujya wishima! Intare y’ingore nyuma y’umutima mubi agaragariza muri filime ubu nawe ari mu byishimo bikomeye cyane

Umunsi w’amagorane; Junior Giti yazamuye amarangamutima ya benshi kubera ifoto yashyize hanze ya nyakwigendera Yanga arikumwe n’umukobwa we Bubuna maze abantu bashengurwa n’amagambo yarengejeho yuzuye agahinda -IFOTO