in

Ese burya nawe ujya wishima! Intare y’ingore nyuma y’umutima mubi agaragariza muri filime ubu nawe ari mu byishimo bikomeye cyane

Umukinnyikazi wa firime z’uruhererekane Uwamahoro Antoinette bakunda kwita intare y’ingore, ukina filimi Nyarwanda, avuga ko yashimishijwe nuko yageze ku nzozi zo guhura n’umunya Nigeria wamamaye mu gukina amafilimi. Izina yahawe intare y’ingore avuga ko rimutuma abantu bamutinya.

Uwamahoro Antoinette wamenyekanye mu mafilimi nk’iyitwa intare y’ingore ndetse na Seburikoko yakinnyemo yitwa Siperansiya akaba yari umugore wa Seburikoko.

Mu kiganiro yagiranye na Akeza.net mu gihugu cy’u Burundi, yemeje ko nta kandi kazi kamutunze uretse gukina filime.

Yavuze kandi ko yishimira kuba yarageze ku nzozi yahoraga arota zo kubona n’umukinnyi wa filime witwa Patience Ozokwor wamubereye icyitegererezo bituma nawe aharanira gukina ku rwego avuga ko rushimishije.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Aha hantu haraba akantu, Miss Muyango ati :”Mbabarira wirekura irahita igwa”: Umugore wa Kimenyi yakorewe ibintu n’abasore babiri maze yumvishe bimurembeje atagira gusaba imbabazi n’uko rubanda nabo batangira kumutaramiraho -VIDEO

Ikipe ya Rayon Sports nyuma yo gushimira Jean Paul Nkurunziza yashyizeho umuvugizi mushya