in

Ifoto ya Reagan ari hagati ya Apostle Gitwaza n’umufasha we yanyuze benshi, ndetse ayiherekeresha amagambo meza

Ifoto ya Reagan ari hagati ya Apostle Gitwaza n’umufasha we yanyuze benshi

Rugaju Reagan usanzwe akora ikiganiro cy’urubuga rw’imikino kuri Radio Rwanda yashize ifoto hanze ari kumwe na Apostle Gitwaza n’umugore we inyura abakunzi be.

Iyi foto yayinyujije kurubuga rwe rwa Instagram ayiherekesha amagambo meza ibyagaragaye ko yishimiye kugirana ibihe byiza n’uyu mukozi w’imana.
Yavuze ko yanyuzwe n’inama yagiriwe na y’ukuntu agomba kwitwara nk’umuntu ukora mu bijyanye na siporo.

Yagize ati:”Uyu munsi nagize amahirwe yo guhura n’umukozi w’Imana nkunda cyane pe ! Apostle Apostle Gitwaza n’umufasha we !”

Twagize umwanya wo kwigishwa uko dukwiye kwitwara nk’abakozi b’Imana bari ku musozi w’Imikino n’imyidagaduro!

Mu gusoza yasoje agira ati:”2023 Umwaka w’ibintu bishya, Impinduka nshya, ibintu ntibikiri ibya kera! Hamwe n’Imana byose bizagenda neza !”

Gitwaza

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Indirimbo ya Shakira acyurira uwahoze ari umugabo we yaciye agahigo ku isi yose

Nyuma y’indirimbo Meddy yashyize hanze yatangaje ibihe bikomeye by’umwijima amazemo iminsi ku buryo yararaga arira