in

Ifata abagore cyane!  Menya byinshi ku ndwara ituma umuntu akunda gukora imibonano mpuzabitsina nk’umwana ukunda kurya ice cream

Ifata abagore cyane!  Menya byinshi ku ndwara ituma umuntu akunda gukora imibonano mpuzabitsina nk’umwana ukunda kurya ice cream

Nyuma yuko bigaragaye ko hari abantu bakunda gukora imibonano mpuzabitsina cyane kuburyo niyo bamaze iminsi mike batayikoze baba bumva benda gusara, abashakashatsi mu bya sayanse bagaragaje ko ibi ari indwara, iyi ndwara yitwa ‘Nymphomanie’.

Iyi ndwara ni indwara ikunda kwibasira abagitsina gore cyane, gusa byaragoranye cyane kumenya ikintu gitera iyi ndwara ariko hari bimwe byagiye bivumburwa, nko kubaho wenyine igihe kirekire, kubabazwa cyane mu rukundo, ndetse n’agahinda gakabije.

Impamvu iyi ndwara ifata abantu bafite agahinda gakabije ni uko akenshi baba bumva ko gukora imibonano biza kubaha ibyishimo, gusa akenshi ntibakunze no kunezerwa igihe bari kubikora kandi bari baziko ari umuti.

Nanone impamvu idakunze kugaragara ku bagabo benshi nuko bo iyo bafite agahinda akenshi bagatura  inzoga.

Abahanga bavuga ko kugirango umuntu urwaye iyi ndwara abashe kuba yakira biba bimusaba kuganirizwa n’abaganga b’ubuzima bwoo mu mutwe bakamufasha.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abasore b’iki gihe ntiboroshye! Menya impamvu abasore benshi bakunda gutereta abakobwa bafite abakunzi kandi babizi neza, abenshi batereta abakunzi b’inshuti zabo!

Musore ndabizi ibi bintu byakubayeho ariko niwongera kubibona ku mukobwa runaka, uzahite umufatirana atari yisubira