in

NDASETSENDASETSE

Ibyo umugabo yakoreye umugeni bahoze bakundana ku munsi w’ubukwe bwe byamusigiye amarira (Video).

Umugabo yakomerekeje bikomeye umutima w’umukobwa bahoze bakundana wari warongowe n’undi musore ,maze amumenaho amafaranga nk’ikimenyetso cy’uko yamutaye amwita umutindi none ubuzima bukaba bwarahindutse.

Nk’uko amakuru aherekejwe na videwo yasakaye kuri interineti, uyu mugeni ngo yataye umugabo we bakundanaga avuga ko ari umukene ndetse atamubonera ibyo akeneye mu buzima.Ibi byatumye ahita ajya gushaka undi mugabo bari bakoze ubukwe.

Nyuma yimyaka myinshi, uyu mugabo yahisemo gukora wenyine kugirango yereke uwahoze ari umukunzi we ko ashoboye gukora cyane kugirango yishakire ubuzima bwiza.

Mu gihe uyu mukobwa yari yakoze ubukwe ,uyu mugabo yabutashye yitwaje amafaranga menshi agenda ayanyanyagize imbere ye ,amwereka ko asigaye aryoshye, maze umugeni atangira kwicuza kuko yamutaye aziko ari umukene ,naho Imana yaramusekeye.

https://www.instagram.com/p/CVI8hAkD_no/?utm_medium=copy_link

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibigiye kuba ku bakora uburaya si byiza habe namba.

Harmonize mu munyenga w’urukundo n’umugore w’abana benshi.