in

Ibyo Se umubyara yamukoreye biteye agahinda

Akenshi usanga ababyeyi bishimira kugira abana aho usanga bamwe barara amajoro bashakira icya Tunga abana babo gusa uyu mubyeyi we siko ameze kuko yashatse uko yakwivugana umusore we buranga.

Umusore witwa sylver yaganirije umunyamakuru agahinda ndetse ni nimba yatewe na Se umubyara wakoze ibishoboka ngo amwice gusa kubera Imana arakira.

Ku myaka 12 sylver yahuye n’ikibazo cy’uburwayi nibwo nyina umubyara nkundi mubyeyi wese yafashe iya mbere yita ku mwana we kugirango arebe ko yakira gusa Se ubyara ntabwo yabyishimiraga kubera ko nyina yamaraga igihe kinini yita ku mwana we.

Igitondo kimwe yacunze nyina agiye kugura imiti y’umwana maze acana amashyiga maze ahita ajugunyamo umwana we .nyuma yahise agenda ahunze nibwo umwana yakoze ibishoboka yivana mu muriro.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ni ibitaangaza pe! Yakize virusi itera Sida mu buryo butangaje

Yarasebye: umugore yabuze aho akirwa ubwo yohererezaga umuhungu we ubutumwa ngo aze baryamane papa we ntahari