in

Ibintu bye birimo Imana: Amashusho y’ibintu Mugisha Bonheur yakoreye ikipe ya Al-Hilal yatumye abantu babona ko uyu musore ahishiye byinshi Abanyarwanda -AMASHUSHO

Ibintu bye birimo Imana: Amashusho y’ibintu Mugisha Bonheur yakoreye ikipe ya Al-Hilal yatumye abantu babona ko uyu musore ahishiye byinshi Abanyarwanda.

Mugisha Bonheur bakunze kwita Casemiro uherutse kuva mu ikipe ya APR FC akerekeza muri Al Ahly Tripoli Libya ubwo iyi kipe ye yakinaga na Al-Hilal yo muri Arabia Saudite uyu musore winjiye mu kibuga asimbuye yagiye akora ibikorwa bitandukanye bigaragaza ko mu myaka iri mbere u Rwanda ruzaba rufite umukinnyi myiza ukina hagati mu kibuga.

Amashusho:

 

Bimwe mu byo abantu bagiye batangaza nyuma yo kubona aya mashusho yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga n’umunyamakuru Reagan Rugaju:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rulindo: Umugabo yatemye umugore we ahita akora igikorwa kidasanzwe

Abanyamahanga 2 ba APR Fc bazajya bicara mu bafana! Umwanzuro wa FERWAFA watumye imibare y’umutoza wa APR Fc itangira kuzamo ibihekane