in

Ibintu bihinduye isura: Mugisha na Rusine abakunzi babo mushyizwe igorora

Mu Rwanda Comedy imaze gutera imbere hari abanyarwenya benshi kandi bakunzwe dore ko basigaye bategura ibitaramo kandi bikitabirwa n’abatari bacye.

Hari abamenyerewe batunzwe, Mugisha na Rusine bazwiho ubusinzi mu bakunzi babo bahora bategerezanije amatsiko menshi uduce dutandukanye twa Mugisha na Rusine , ni uduce duto twa filime y’urwenya itegurwa na Mugisha uzwi nka Clapton Kibonke muri filime zitandukanye zirimo Umuturanyi, Seburikoko n’izindi.

Mu rwego rwo kurushaho kuryohereza abakunzi babo Mugisha na Rusione bongeyemo undi mukinnyi wa Filime uri kwitwara neza muri iyi minsi bita Mitsutsu, uyu ni umunyarwenya mushya utarabimaramo igihe, kuko yatangiranye n’abakinnyi b’urwenya n’ubundi Nyaxo na Killman.

Mu gace ka 9 k’umukino wa Mugisha na Rusine ,aba bagabo bose bakwepa inama iba igiye guhuza abaturage n’ubuyobozi bakigira mu kabari ,aho umwe mu nshuti aba abemereye kubagurira agacupa ,nyuma rero nibwo umwana ababona akabavamo akajya kubivuga ari naho basangwa

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

” Uri mwiza imbere n’inyuma” Muyoboke yashimangiye urwo akunda inkumi bakundana

Ibibazo birashira ibindi ar’ibagara k’umukinnyi ukomeye wa Chelsea n’Ubufaransa.