in

Ibintu 6 Uwiteka yanga bimubera ikizira

Nk’uko tubisanga muri Bibiliya, mu gitabo cy’imigani aho Uwiteka ubwe ahamya ko hari ibyo yanga mu buryo bukomeye agashimangira ko bimubera ikizira imbere ye ni ibi: (Imigani 6: 16-19)

Imigani 6:16 agira hati” Hariho ibintu bitandatu ndetse birindwi, Uwiteka yanga bimubera ikizira ni ibi:

17: Amaso y’ubwibone, ururimi rubeshya, Amaboko avusha amaraso y’utariho urubanza,

18: Umutima ugambirira ibibi, Amaguru yihutira kugira urugomo,

19: Umugabo w’indarikwa uvuga ibinyoma, N’uteranya abavandimwe.”

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Champions league: Arsenal FC na FC Barcelona muri 1/4

Hari aho itike ikabakaba mu bihumbi icyenda (9000)! Benshi bacitse urondogoro bakimara kubona impinduka z’ibiciro by’amatike mu gihugu hose -Amafoto