in

Hari aho itike ikabakaba mu bihumbi icyenda (9000)! Benshi bacitse urondogoro bakimara kubona impinduka z’ibiciro by’amatike mu gihugu hose -Amafoto

Urwego rw’Igihugu Rushinzwe Kugenzura imikorere y’inzego zimwe zikora imirimo ifitiye Igihugu Akamaro (RURA) rwatangaje ibiciro bishya by’ingendo, birimo n’ibihuza Umujyi wa Kigali n’Intara, aho harimo icyerekezo umuntu azajya yishyura 8 450 Frw.

Ibi biciro bishya bikubiye mu itangazo ryashyizwe hanze kuri uyu wa Kabiri tariki 12 Werurwe, bikazatangira kubahirizwa mu mpera z’iki cyumweru, tariki 16 Werurwe

 

.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibintu 6 Uwiteka yanga bimubera ikizira

Nyuma yo kubuzwa kwambara ‘Vist Rwanda’ bigatuma basezererwa muri BAL, abakinnyi ba Dynamo BBC yo mu Burundi bageneye ubutumwa Perezida w’igihugu – VIDEWO