in

Ibi nibyo ugomba gukora kugirango bazajye bahora bagukumbura 

Ubuzima bugira inzira zabwo kandi zitwerekeza mu byerekezo bitandukanye, ugasanga warufite inshuti n’umuryango ariko ubuzima bukabatandukanya.

Gusa hari byinshi wakora kugirango bajye bahora bakwibuka kandi bagukumbura.

1.Jya uhorana udushya muri sosiyete utuyemo, nko gusetsa n’ibindi.

2. Jya ugerageza kwita ku nshuti zawe, kandi uzirwanirire igihe ziri mu bibazo.

3. Ujye ukunda gutanga inzibutso.

4. Ujye ukunda kuboherereza amafoto agaragaza ko wahindutse.

5. Ntukabavugishe inshuro nyinshi kuri telefone

 

Written by Uwihirwe Olivier

0782114729 message me on WhatsApp

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Uko umubyeyi yazuye umwana we w’umukobwa wari wapfiriye mu bitaro (INKURU)

Uyikura mu icupa igukura mu bagabo: Umuraperi ukomeye yasohowe muri sitade kubera ubusinzi (AMAFOTO)