in

I Nyamirambo imodoka ntago ziri kubona aho zinyura wagirango bamwe yabatiye! Ikipe ya APR FC yahuruje ikitwa umufana cyose imihanda bayuzuye -Amashusho

Mu mujyi wa Kigali ahari kubera umukino wa gishuti uri guhuza ikipe y’ingabo z’igihugu hano mu Rwanda uzwi kw’izina rya APR FC aho iri gukina na Marine byabaye ibicika.

Mu mihanda ya Kigali izengurutse Sitade Kigali Pele Stadium abantu buzuyemo baje kureba ikipe y’ingabo z’igihugu kuburyo imodoka zitari kubona aho zinyura.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Habaye impanuka iteye ubwoba cyane bus itwara abagenzi yahiye irakongoka ndetse hapfiramo n’abantu

Nyamukandagiramukibuga yihariye imachini z’ibitego! Ikipe ya APR FC inyagiye ikipe ibura aho kugama -AMAFOTO