in

Habaye impanuka iteye ubwoba cyane bus itwara abagenzi yahiye irakongoka ndetse hapfiramo n’abantu

Habaye impanuka ikomeye cyane bus itwara abagenzi yahiye irakongoka ndetse hapfiramo n’abantu.

Mu gihugu cya Senegal habaye impanuka y’inkongi y’umuriro yafashe imodoka itwara abagenzi, babiri bahise bahasiga ubuzima abandi batanu barakomereka.

Gusa biravugwa ko ibi byakozwe n’agatsiko k’amabandi nkuko shoferi wari utwaye iyi modoka yabisobanuye. Yagize ati “nagiye kubona mbona insoresore z’urubyiruko zitambitse imodoka ubwo narintwaye, ubwo nanjye nahagaze ngo ntagonga niko guhita bamfata bakansohora ndetse bakanankubita”.

Ubwo bahise batwika imodoka bamwe barwana no gusohoka muri uwo mu byigano babiri bahasize ubuzima abandi batanu barakomereka.

Polisi yatangaje ko igikorwa iperereza ngo irebe ko yatahura abihishe inyuma y’icyo gikorwa cy’ubuhemu.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ari kugurwa nk’amasuka mu gihe cy’ihinga! FERWAFA yatangaje aho amatike ya Super Cup ageze agurwa

I Nyamirambo imodoka ntago ziri kubona aho zinyura wagirango bamwe yabatiye! Ikipe ya APR FC yahuruje ikitwa umufana cyose imihanda bayuzuye -Amashusho