in

Ntabwo bizoroha: Abaturage bateguje imyigaragambyo idasanzwe kubera impamvu ikomeye

Imyigaragambyo ni kimwe mu bikorwa bikunze gutwara ubuzima bwa benshi bitewe n’uburyo rimwe na rimwe bikorwamo gusa iyo abaturage bo mu gihugu cya Nigeria bateguye yo ni karundura.

Abantu bagize ihuriro ry’abakozi mu gihugu cya Nigeria ” Nigeria Labour Congress” (NLC) bamaze guteguza imyigaragambyo idasanzwe izaba ku wa Gatatu w’icyumweru gitaha.

Aba bakozi bazaba bari kwamagana ikurwaho rya nkunganire Leta yatangaga ngo ibiciro by’ibikomoka kuri peterori bitiyongera ku kigero cyo hejuru.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanzi Element yatangaje igihe indirimbo Kashe yakoranye na Harmonize izasohokera

Umukinnyi wa Rayon Sports yakiriye yesu nk’umwami n’umukiza [Video]